Académique Documents
Professionnel Documents
Culture Documents
1. INTANGIRIRO
Mu Rwanda gahunda nyinshi ziteza imbere umuturage zihuta ari uko imihanda imeze neza Niyo
mpamvu Leta y’u Rwanda ibicishije mu Kigo cy’Igihugu Gishinzwe imihanda (RTDA), ikomeje
kugeza ahantu henshi imihanda no gushishikariza abaturage gufata neza imihanda ihari
kugirango irindwe kwangirika idahagarika ibikorwa by’iterambere biza bibasanga.
Kugira ngo iki gikorwa kigerweho hazakorwa ibi bikurikira: Kugaragaza imihanda izafatwa neza
; Gukangurira abaturage gufata neza imihanda buri wese ashishikarizwa guharura ku murima
we; Gukurikirana ibikorwa niba imihanda ifashwe neza koko.
2. IBISABWA UMUTURAGE
Umuturage wese akangurirwa gufata neza igice cy’umuhanda umurima we ukozeho.
Umuhanda unyuze ahantu hari ubutaka bwa leta abaturage bashishikarizwa gukora umuhanda
biciye mu miganda.
3. IBISABWA AKAGALI
Akagali karasabwa kugaragaza imihanda izabungwabungwa cyangwa igomba
gufatwa neza.
Akagali karasabwa gukora ikurikiranabikorwa rihoraho ry’ibikorwa byo gufata neza
imihanda, no gutanga raporo za buri Gihembwe zigaragaza aho icyo gikorwa kigeze.
4. IBISABWA UMUKOZI W’UMURENGE
Gukora ikurikiranabikorwa rihoraho ry’ibikorwa byo gufata neza imihanda,
Guhuza raporo zo mu Tugali no kuzoherezwa ku karere
5. IMPLEMENTATION PLAN
Q1 Q2 Q3 Q4
3 4 2.5 2.5
Biteguwe:
UWAMAHORO VERENE